Amasakoshi meza agezweho n’uko wayabona
Muri iyi minsi hari ubwoko bw’amasakoshi amaze iminsi agezweho ku bakobwa n’abadamu b’abasirimu bazi kugendana n’ibigezweho,afite amabara meza kandi akomeye,none uyu munsi tukaba twabahitiyemo amwe muri yo ndetse n’uburyo wayabona bitagoranye.
Hari isakoshi y’uruhu ikomeye y’ibara rimwe ikaba ifite imishumi migufi,kuburyo itwarwa mu ntoki cyangwa ukayitwara ku kuboko kuko ntitwarwa ku rutugu.
Hari kandi isakoshi y’uruhu tworoshye izamutse ijya kuba ndende ikaba ifite imigozi miremire inanutse.
Indi ni isakoshi iringaniye y’ibara rimwe y’uruhu rukomeye,ifite imishumi migufi iteyeho igice gito cy’umunyururu.
Nanone hari isakoshi iba ifite amabara ahagaze kandi isa n’izamuye kandi ifite imigozi inanutse.
Aya masakosi yose agezweho kandi ni meza mu bigaragara,nawe ubaye utarayigura cyangwa hari iyo ubonye wagura wahamagara kuri iyi nimero; 0784693000,ibiciro byazo biri hagati ya 25000frw na 30000frw.
NZIZA Paccy