-
Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zafatiwe ingamba
Gahunda yo kuradura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina yita cyane ku bari mu byiciro by’abafite ibyago byinshi byo kwandura izo ndwara ndetse abayirimo baragaragaza uko yabafashije. Amakuru atangwa n’abibandwaho muri izi serivisi barimo abakora umwuga w’uburaya, abaryamana bahuje ibitsina, n’abakobwa babyaye batarageza imyaka y’ubukure yerekana ko izi gahunda zafashije benshi kumenya uko bahagaze, kandi boroherwa kubonera ubuvuzi ku gihe n’uburyo bwo kwirinda. Cyiza Donatila uri mu (...)
-
Gatsibo: Abagore bakora muri VUP bifuza ko FRW bahembwa yongerwa
Bamwe mu bagore bahawe akazi muri Vision 2020 Umurenge Programme (VUP) bavuga ko amafaranga bahembwa ari macye bakifuza ko yongerwa akajyana n’ibiciro biri ku masoko dore ko n’ayo bakorera atabagerayo yose. Mu Murenge wa Gitoki mu Karere ka Gatsibo, mu bahawe imirimo y’amaboko muri VUP harimo n’abagore batishoboye by’umwihariko abafite inshingano zo kwita ku miryango bonyine kubera impamvu zitandukanye. Bavuga ko ku munsi bakorera 1200FRW, aya mafaranga ngo ni macye ugereranyije n’ibiciro biri (...)
-
Umunyenga, amandazi n’amata mu bishukishwa abanyeshuri bagasambanywa
Umunyenga, amandazi n’amata bimwe mu bishukishwa abanyeshuri bagasambanywa. Abakurikirana ubuzima bwa buri munsi bw’abanyeshuri mu duce tumwe na tumwe mu Rwanda, batunga urutoki abamotari n’abacuruza amabutike kuza ku isonga mu guhohotera abanyeshuri b’abakobwa biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Hakizimana Emmanuel ushinzwe uburezi mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango. Yagize ati “Ahanini bashukwa n’insoresore z’abamotari n’abacuruza mu ma butike, aho usanga babashukisha amafaranga (...)
-
Anne wegukanye igihembo cy’ikiganiro cya radiyo gikorwa neza
Anne Marie Niwemwiza ukora ikiganiro “Ubyumva ute” niwe wegukanye igihembo ku kiganiro gikorwa neza cya Radio . Icyo kikaba cyari igihembo kimwe mu bihembo byatanzwe n’ishyirahamwe ry’abanyamakuru hizihizwa umunsi w’itangazamakuru. Anne rero amaze imyaka irenga 10 mu itangazamakuru akaba akora kuri KT Radio, ari naho akora icyo kiganiro kuva mu mwaka wa 2015. Anne yavuze ko yishimiye iki gihembo ndetse cyamuteye imbaraga zo gukora kurushaho. Yagize ati: “byanejeje cyane kandi bimpaye umukoro (...)
-
Samia Suruhu perezida w’umugore rukumbi muri Afurika iki gihe.
Samia Suruhu perezida w’umugore muri Afrika iki gihe. Perezida wa Tanzaniya Samia ukunze kwitwa mama Samia mu gihugu cye ni we mu perezida w’umugore uri mu kazi ku mugabane wa Afrika. Undi uhari wo muri Etiyopiya afatwa nk’umwanya w’icyubahiro gusa. Mbere yo kuba president w’igihugu cya Tanzania yabaye vice president w’inteko ishinga amategeko ndetse mbere yaho yabaye ministiri. Samia aje akurikira abandi ba perezida 9 b’abagore bamubanjirije muri Afrika. Batatu muri bo bakaba barabaye ba (...)
-
De la formation à l’emploi: deux femmes sur la voie de la réussite
Josiane UWIMBABAZI et Aline MUNYANA sur leurs lieux de travail respectifs (Photo: APEFE) À l’occasion de la Journée internationale de la femme, le 8 mars 2021, le programme d’appui à l’apprentissage sur le lieu de travail - « IGIRA KU MURIMO » embrasse le succès des jeunes femmes qui profitent des compétences acquises grâce à la formation en alternance pour devenir des employées compétentes ou ouvrir la porte de l’entrepreneuriat et créer leurs propres entreprises. Conformément à l’initiative (...)
-
From dual training to employment: two women on their path to success
Josiane UWIMBABAZI and Aline MUNYANA at their respective workplaces (Photo: APEFE) On the occasion of International Women’s Day, 8th March 2021, the Workplace Learning Support Programme – “IGIRA KU MURIMO” embraces the success of young women who are exploiting the skills acquired through dual training to become proficient employees or unlock entrepreneurship gate and start their own businesses. In line with the Government initiative to promote youth skills (...)
-
Bamwe mu babyeyi bahohotera abakobwa babyarira iwabo
Bamwe mu bakobwa babyarira mu ngo bakirerwa n’ababyeyi babo baracyavutswa uburenganzira bwabo n’ababyeyi bakagombye kuba babitaho. Mutuyimana Marie Claire umukozi ushinzwe imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage mu kagari ka Rugeshi mu karere ka Nyabihu avuga ko 40% by’ababyarira mu ngo batishimirwa n’ababyeyi, bityo bakaba bavutswa uburenganzira bwabo. Agira ati “abakobwa bamwe babyariye iwabo baracyavutswa uburenganzira n’ababyeyi, aho ababyeyi baba bumva abo bakwibeshaho, ko batakibafite mu (...)
-
Kumenya uburenganzira bwabo byatumye 40% bizigamira
Abagore bo mu murenge wa Mukamira mu kagari ka Rugeshi bavuga ko bagenda barushaho gusobanukirwa n’uburenganzira bwabo bityo bigatuma hari ibikorwa by’iterambere batinyuka nko gukorana n’ibigo by’imari. Claudine ni umwe mu bagore b’I Nyabihu. Yagize ati “ubusanzwe sinagiraga konti mu kigo cy’imari. Kuva Leta yatangira gukangurira abagore ko bashoboye ndetse ko nabo bagira uruhare mu iterambere ry’urugo rwabo nanjye natangiye kwizigamira mu kigo cy’imari no mu bimina.” Akomeza avuga ko yari asanzwe (...)
-
Covid-19:Abacuruzikazi bo muri Ejoheza bakeneye ikindi igishoro
Abagore bakoraga akazi ko gucuruza ibicuruzwa bya caguwa birimo imyenda, inkweto n’ibikapu mu Karere ka Rubavu bari bibumbiye muri Koperative Ejoheza Gisenyi bavuga ko bamaze amezi arindwi badakora kubera icyorezo cya COVID-19, bikaba byaragize ingaruka ku bucuruzi bwabo. Mukeshimana Violette uyobora iyi Koperative yatangarije Agasaro Magazine ko icyorezo cya COVID-19 cyatumye icyerekezo bari bafite mu bikorwa by’iterambere bihagarara birimo gucuruza made in Rwanda no kubona inyubako yabo (...)
-
Uko Odette ufite Hotel yihanganiye umukozi mu gihe cya Covid-19
Nyiramongi Odette, umugore wa mbere wafunguye Hotel ye i Rubavu Hotel ya Nyiramongi Odette iri mu Karere ka Rubavu izwi nka "Paradise Malahide" imwe mu zikunzwe kubera kwegera amazi, gukoresha ibikoresho gakondo bikundwa n’abashaka kumenya umuco nyarwanda no kugira ikirwa benshi bakunda kuruhukiraho iyo basuye umujyi wa Gisenyi. Kubera gukundwa n’abamugana amaze kwagura ibikorwa bya Hotel ye, uretse iyubatse ahazwi nka Brasserie amaze kubaka iyindi ahitwa Busoro naho hitegeye amazi kandi (...)
-
Ubucuruzi bw’isambaza bwafashije abagore muri COVID-19
Gukura isambaza mu mitego nabyo byatunze abagore benshi n’imiryango yabo Icyorezo cya COVID-19 cyafunze ibikorwa byinshi mu Rwanda kuva mu kwezi kwa Werurwe, ni igihe cyari kigeze mu Rwanda hagashyirwaho gahunda ya Guma murugo, hari ibikorwa byakomeje gukora birimo n’uburobyi. Uburobyi mu kiyaga cya Kivu ntibwigeze buhagarara, ikintu cyafashije benshi mu bagore bacuruza isambaza ku gataro gutunga imiryango yabo. Nyiraburame, ni umubyeyi ufite ibyaka ibarirwa muri 38, avuga ko ubwo ubundi (...)
-
Covid-19: Uruhuri rw’ibibazo ku bagore bakoraga bya nyakabyizi.
Covid-19 yateje ibibazo by’ihungabana ry’ubukungu Ku isi yose, by’umwihariko mu Rwanda abantu b’ingeri nyinshi bahuye n’ibibazo byo gutakaza akazi cyane cyane abari ba nyakabyizi amikoro muri rusange yarabuze Ku buryo hari n’abo Leta yatangiye kugenera ibibatunga mu gihe cya guma mu rugo ubwo hari hafashwe ingamba zo kurwanya iki cyorezo mu gihugu hose. Bamwe mubagezweho n’ingaruka zikomeye ni abagore, kubera imiterere y’inshingano z’umugore mu rugo twasanze ahanini ariwe wahuye n’imbogamizi (...)
-
Abagore bacuruza ku mipaka bananiwe kwishyura inguzanyo kubera Covid-19
Umupaka ugifunguye Ubuyobozi bwa Sacco Seruka y’umujyi wa Gisenyi buvuga ko hari inguzanyo zitari kwishyurwa neza kubera ko zari zigenewe abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka none ubu bakaba batari gukora kubera imipaka ifunze. Ni inguzanyo y’amafaranga abarirwa hagati y’ibihumbi 10 kugera ku bihumbi 99 yahabwaga abakora ubucuruzi buciriritse badasabwa ingwate. Mutabazi Rwigina Paul umucungamutungo wa Seruka Sacco avuga ko iyi nguzanyo batanga yishyurwa mu mezi atandatu (...)
-
COVID-19 yongereye abakobwa batwaye inda bafashwa na Julienne
Bamurange Julienne, watangije umuryango ufasha abana b’abakobwa bafite ibibazo Bamurange Julienne washinze umuryango Young Women Destination avuga ko mu bihe bya COVID-19 umubare w’abakobwa babyariye iwabo wiyongereyeho abandi batwise muri ibi bihe. Guhura n’ibibazo mu buzima bwe, niyo ntandaro yo gushaka gufasha abagore batereranywe cyane cyane abakobwa babyariye iwabo bafite imyaka iri munsi 24, akabafasha kubona icyerekezo cy’ubuzima bwabo nyuma yo kujugunwa n’umuryango, bikamufasha (...)
-
Young women become innovative during COVID-19
Kamikazi Charlotte, age 22, started her detox juice business March of this year. She was motivated to start this business due to having a father who is diabetic. She said, “I am a medical student, so, I made research to know what he could or could not eat. I then started making these juices for him.” It was not long until Kamikazi realized that other people were enjoying the juices that were initially meant for her father. Prior to the pandemic, Kamikazi was working as a sales agent for a (...)
-
COVID-19 effects on Kicukiro Women Training Center
Claudine Ingabire got pregnant when she was 16 and was not able to get the support from her parents who were very poor. The father of the kid was not responsive as well. Such situation left Ingabire struggling to put food on the table and get other basic needs she needed with her kid. “I didn’t have any vision for life. Most of the time, I was depressed asking myself what I would be and how I would be able to afford the needs of my child,” says a 22-year-old and a resident of Kicukiro (...)
-
Ingaruka za Covid 19 ku mibereho y’abagore batunze imiryango yabo
Icyorezo cya COVID 19 kimaze guhungabaya ubukungu bw’igihugu ari nako kigira ingaruka zigaragara ku buzima bwa burimunsi. Ku bagore batunze ingo bakora utuzi duciriritse bakomerewe n’ibi bihe mu buryo bwihariye. Twageze mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kicukiro akagali mu Ngoma umudugudu mu Ngoma kugirango by’umwihariko tuganire na bamwe mu bagore bahatuye banahakorera ibikorwa bitandukanye ,batubwira zimwe mu ngaruka bamaze guhura nazo kuva aho icyi cyorezo gitangiye kugaragarira mu (...)
-
Uko Umutoni yahanganye n’igihombo yatewe na COVID-19
Umutoni Grace ni umukobwa wakuze akunda kudoda no kwambika abantu kuburyo yabyihebeye abihangamo akazi ndetse agahangira n’abandi. Umutoni ari gupima umukiriya Nubwo ari urugamba yarwanye narwo kuva yarangiza amashuri yisumbuye 2016, urugendo ntirwamubereye ruhire kuko yahise ahomba agasezerera abakozi yari yarahaye akazi agatangira kwidodera kugira ngo amenye gukoresha abandi ibyo nawe azi gukora. Umutoni Grace avuka mu Karere ka Rubavu akaba yarize amashuri yisumbuye mu mujyi wa (...)
-
Uko Kayitesire ucuruza ikawa ahanganye n’ingaruka za COVID-19
Marie Laetitia Kayitesire ni umuyobozi wa Sake Farm ihinga ikanatunganya ikawa yoherezwa mu mahanga mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Uburasirazuba. Ni ibikorwa amazemo imyaka irenga 20. Marie Laetitia Kayitesire avuga ko abaguzi yarasanganywe bamuguriraga ikawa hanze y’u Rwanda bahagaritse ibikorwa byo kumugurira kubera icyorezo cya COVID-19. Agira ati; “Icyorezo cya COVID-19 cyaje mu gihe cyo gusarura ikawa cyegereje, nubwo abantu basabwe guhagarika ingendo, abahinzi bo bakomeje ibikorwa byo (...)