Agasaro Magazine
Ibirimo
  • Ahabanza
  • Abagore
    • Ibikorwa
    • Ubuhamya
  • Uburinganire
    • Mu muco
    • Muri Bibiriya
  • Umuryango
    • Kurera
    • Urugo
  • Ubwiza
    • Ibikoresho
    • Imisatsi
    • Kwiyitaho
    • Mu maso
  • Guteka
    • Deseri
    • Ifunguro ribanza
    • Ifunguro ey'ingenzi
    • Videwo zo guteka
  • Kwambara
    • Ibijyanishwa
    • Imyenda
  • Gutaka
    • Ibirori
    • Inzu
    • Ubusitani
  • Ahabanza
  • Mu muco
  • Nyanza: Haracyari abagore batazi uburenganzira bwabo mu muryango
    Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko batazi uburenganzira bwabo. Iyo akaba ari impamvu ikomeye ituma no kubuharanira bitabashobokera kuko batabuzi. Mutoni n’umwe mu bagore bo mu murenge wa Rwabicuma, afite imyaka 30 y’amavuko. Avuga ko atazi uburenganzira bwe. Ati “ntakubeshye sinzi uburenganzira bwanjye, urumvako rero icyo umuntu atazi bigoye no kugiharanira.” Yakomeje avuga ko inzego zibishinzwe zikwiriye gukora ubukangurambaga bwimbitse bumenyesha abagore n’abakobwa (...)
  • Imicungire y’umutungo ku bahisemo ivangamutungo rusange
    Ivanga mutungo rusange ni uburyo bumwe anashyingiranywe bahitamo gucungamo umutungo wabo. Mu itegeko rishya rigena imicungire y’umutungo w’abashyingiranwe, impano n’izungura ryasohotse mu igazeti ya leta No 30 yo kuya 01/08/2016, basobanura birambuye uko abashyingiranywe bahisemo ivangamutungo rusange bazajya babigenza. Ubusobanuro bw’ivangamutungo rusange Ivangamutungo rusange ni amasezerano abashyingiranywe bagirana bakumvikana gushyira hamwe umutungo wabo wose. Imicungire y’umutungo (...)
  • Impamvu zituma ishyingirwa riteshwa agaciro
    Impamvu zituma habaho guta agaciro mu buryo budasubirwaho ziteganywa n’itegeko kandi urukiko ntirwemerewe kuzisesengura. Impamvu zituma habaho guta agaciro mu buryo bushobora gusubirwaho zisesengurwa n’umucamanza mu bwisanzure bwe. Ikirego kigamije gutesha agaciro ishyingirwa mu buryo budasubirwaho gitangwa na buri wese ubifitemo inyungu naho ikirego kigamije gutesha agaciro ishyingirwa mu buryo bushobora gusubirwaho gitangwa n’abashyingiranywe, ababyeyi cyangwa n’uhagarariye inama y’umuryango (...)
  • Gusaba gatanya biturutse ku bwumvikanye bw’abashakanye
    Gutana guturutse ku bwumvikane ni ugusabwa n’abashyingiranywe bombi bamaze kumvikana ku gusesa ishyingirwa no ku nkurikizi zaryo kandi bagashyikiriza umucamanza amasezerano akemura ingaruka z’ubutane ku bashakanye n’umutungo wabo kimwe n’abana babo. Icyakora ubutane bwasabwe n’umwe mu bashyingiranywe bushobora guhinduka ubutane bwumvikanyweho mu gihe uregwa yemera ko ikirego gifite ishingiro akemera ubutane. Ibarura ry’umutungo w’abashyingiranywe mbere yo gutandukana ku bwumvikane (...)
  • Ibitera gusezerana mu mategeko ariko ntimubane
    Nyuma yo gushyingirwa mu mategeko hashobora kuboneka izindi mpamvu zituma utabana n’uwo mwasezeranye nko kubengwa, . Icyo gihe hari icyo itegeko riteganya ku buryo mwakoze ubuzima bwanyu nyuma yo kutabana kandi mwarasezeranye. Ugushyingirwa biha abashyingiranywe uburyo bwo gushinga umuryango ndemyabuzima, kukanabaha itegeko ryo kubana. Ugushyingirwa kutakurikiwe no kubana mu gihe cy’umwaka umwe (1) nta mpamvu zumvikana, kuvanwaho. Icyo gihe, nta n’umwe mu bashyingiranywe ugira uburenganzira (...)
  • Amategeko agenga kurera umwana uba hanze
    Ukubera umubyeyi uwo utabyaye ku rwego mpuzamahanga ni uburyo butuma habaho isano hagati y’umwana n’umubyeyi badahuje amaraso ariko bombi bakaba badatuye mu gihugu kimwe. ukubera umubyeyi umwana utabyaye ku rwego mpuzamahanga bishobora gukorwa mu buryo bworoheje cyangwa mu buryo busesuye. Igihe habaho ukubera umubyeyi umwana utabyaye ku rwego mpuzamahanga Habaho ukubera umubyeyi umwana utabyaye ku rwego mpuzamahanga iyo uwo mwana ugize uwawe : • Abusanzwe aba mu Rwanda kandi akaba agomba (...)
  • Inshingano z’inama y’ubwishingire ku mwana
    Ubushize twabagejejeho uguhagarirwa k’umwana udafite ababyeyi cyangwa se akaba afite izindi mpamvu zituma ahagararirwa, dusanga itegeko riteganya ko umwana ashobora kugira inama y’ubwishingire imuhagararira cyangwa se na none akaba yagira umshingizi umwe umuhagararira. Muri iyi nkuru turacyavuga ku inama y’ubwishingizi, aho tugaruka ku nshingano y’abagize iyo nama. Inshingano z’inama y’ubwishingire ni izi zikurikira : Gucunga no kugenzura imikorere n’imigendekere y’ubwishingire ; Gusuzuma no (...)
  • Ibyagufasha kuba umuyobozi mwiza uri umukobwa
    Hari ubwo usanga umukobwa ukiri muto agize amahirwe yo kuba umuyobozi mukuru mu kigo runaka,maze rimwe na rimwe bikamugora kuko akenshi asanga agiye kuyobora abantu bamuruta kandi bafite uburambe mu kazi,bityo ugasanga yitinya nyamara hari bimwe by’ingenzi byamufasha ari nabyo tugiye kugarukaho. Kwigirira icyizere ; icyambere cyagufasha kuyobora neza ni icyizere ugomba kwiremamo ukirinda gutinya ahubwo ukitinyuka,kandi ukumva ko inshingano ushinzwe ugomba kuzikora neza utitaye ku kintu na (...)
  • Uguhagararirwa k’umwana mu mategeko
    Umwana utarageza ku myaka y’ubukure ( imyaka 18) ahagararirwa n’umurera mu birebana no gukoresha uburenganzira bwe. Mu butabera, umwana utarageza ku myaka y’ubukure ahagararirwa n’ufite ububasha bwa kibyeyi kuri we cyangwa imiryango iharanira uburenganzira bw’umwana kandi ikirego gitangwa mu izina ry’utarageza ku myaka y’ubukure. Icyakora, umwana ufite imyaka cumi n’itandatu (16) ahawe uberenganzira na Perezida w’urukiko cyangwa umusimbura we ashobora kwitangira ikirego kirebana n’imimerere, (...)
  • Menya byinshi ku kwandikisha umwana wavutse
    Umwana wese agomba kwandikishwa mu minsi itarenze mirongo itatu (30) kuva avutse. Iyandikisha ry’ivuka rikorwa na se w’umwana cyangwa na nyina w’umwana, bombi bataboneka bigakorwa n’uwo bahaye uburenganzira cyangwa n’uwo bafitanye isano ya hafi, umufiteho ububasha bwa kibyeyi ; bataboneka rigakorwa n’undi muntu wese wari uhari umwana avuka cyangwa uwamutoraguye, hakagaragazwa icyemezo cy’amavuko cy’umuganga cyangwa cy’ubuyobozi bubifitiye ububasha. Rikorwa kandi hari abatangabuhamya babiri bafite (...)
  • Ukwemerwa kw’ishyingirwa ryakorewe mu mahanga
    Mu gihe mwashyingiriwe mu mahanga ishyingirwa ryanyu rishobora kwemerwa cyangwa se rikemerwa bitewe n’impamvu zemewe n’itegeko rigenga abantu n’umuryango mu Rwanda. Dore uko iryo tegeko ribiteganya : Ishyingirwa rishingiye ku muco cyangwa ku idini ryakorewe mu mahanga mu buryo bwubahirije amategeko yaho, ryemerwa mu Rwanda iyo ritanyuranyije n’amategeko n’umudendezo wa rubanda n’imyifatire mbonezabupfura. Kugira ngo iri shyingirwa rigire agaciro rigomba kwandikwa mu gitabo cy’inyandiko (...)
  • U Rwanda rukomeje kwanikira ibindi bihugu muri Heforshe
    Nyuma yaho ubukangurambaga bwo gushyigikira uburinganire bwiswe HeForShe butangijwe na Prezida wa Repubulika Paul Kagame, ubu U Rwanda rumaze iminsi isaga icyumweru ruyoboye ibindi bihugu muri gahunda yo gusinya ko rushyigikiye ubu bukangurambaga, ndetse rukaba rumaze kurenza kure imibare yari yahizwe. Nkuko bigaragara ku rubuga rwa HeForShe, ubu abanyarwanda hafi ibihumbi 118 nibo bamaze gusinya ko bashyigikiye iyi gahunda ndetse bikaba bigaragara ko abagabo aribo bayitabiriye cyane (...)
  • Kuba umubyeyi w’umwana utabyaye ku buryo busesuye
    Ukubera umubyeyi umwana utabyaye ku buryo busesuye ni uburyo butuma umwana ata burundu isano muzi yari afitanye n’umuryango we w’ibanze. Icyakora guta isano muzi ntibikuraho isano umwana yari afite ku gihugu cye no ku muco wacyo. Ibisabwa kugira ngo habeho ukubera umubyeyi umwana utabyaye ku buryo busesuye Impamvu zituma habaho kubera umubyeyi umwana utabyaye ku buryo busesuye : Kubera umubyeyi umwana utabyaye ku buryo busesuye byemerwa gusa iyo biri mu nyungu z’umwana iyo : • Ababyeyi be (...)
  • Amazina yemewe mu mategeko n’uburyo wahinduza izina
    Abantu benshi ntibaha agaciro amazina yabo haba mu buryo bwo kuyatondeka ugasanga rimwe umuntu afite make ubundi akagira menshi. Nyamara burya izina ni ikintu cyo kwitondera ukamenya amazina yawe uziko yemewe. Ku bafite amazina bashaka guhindura nabo hari uburyo ibyo binyuzwamo akaba yahindurwa. Reka tubanze tumenya amazina yemewe : Ibigize izina Izina rigizwe n’izina bwite n‘izina ry’ingereka. Izina ry’ingereka rishobora kuba izina ry’idini, iry’umuryango cyangwa yombi. Uru rutonde rw’amazina (...)
  • Wemererwa kongera gushyingirwa ryari igihe uwa mbere yazimiye ?
    Bishobora kubaho ko uwo mwashingiranywe azimira ntumenye niba akiriho cyangwa se yarapfuye kandi mwari mwarasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko, nyuma ukifuza kongera gushyingirwa kandi na none binyuze mu buryo bwemewe n’amategeko. Dore uko itegeko ritaganya : Igihe gukeka ko umuntu yazimiye birangirira : Ugukeka ko uwazimiye akiriho birangira mu gihe ibimenyetso bigaragaza ko yapfuye bibonetse. Urwo rupfu ruhamywa n’inyandiko yemeza ko umuntu yapfuye cyangwa urubanza rutangaza ko (...)
  • Uburyo uzirinda kuvunisha umusore mu myiteguro y’ubukwe
    Hari ibintu by’ingenzi umukobwa agomba kumenya kandi akagira n’ibyo yirinda mu gutegura ubukwe kandi akagaragaza uruhare rwe rukomeye kugirango atavunisha umusore bagiye kurushinga ngo amuharire akazi kose ahubwo akaba ariwe ufata iya mbere mu myiteguro y’ubukwe bwabo. Kwirinda gushingira ku nkwano : si byiza ko umukobwa yumva ko inkwano umusore azamukwa ariyo izakora ibikenewe byose kuko niho hava kugora umuhungu umutegeka inkwano azagukwa uko izaba ingana,ugasanga wifuza nyinshi kugira (...)
  • Uko abakundana bafatanya gutegura ubukwe bukaba bwiza
    Hari uburyo abakundana bagomba gutegura ubukwe bose babigizemo uruhare. Buri wese akumva ko ari uruhare rwe mu guharanira kuzagira ubukwe bwiza kurushaho. Bityo buri wese akabwishimira. Mu bushakashatsi bwakorewe ku bakundana bagera ku 2000,bukozwe n’itsinda ry’abahanga bo muri amerika mu bijyanye n’imibanire y’abantu,binyuze mu kubaza ibibazo abantu bagize ubukwe bwiza kurusha abandi, basobanura bimwe mu byabafashije kugira ubukwe bunejeje hanyuma bahuriza kuri ibi bikurikira : 1. Gushyira (...)
  • Ministiri Gashumba yakebuye abagabo
    Minsitri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Dr.Diane Gashumba yakebuye abagabo abasaba kitigira ntibindeba mu kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi. Ibi Ministri Gashumba yabivuze ubwo yatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi mu karere ka Gicumbi akaba yasabye abagabo nabo gushyiraho akabo mu kubungabunga ubuzima bw’abana n’ababyeyi. Ministri Gashumba yavuze ko inshingano zo kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi zigomba kuba iza buri wese aho kumva ko zigomba kuba (...)
  • Uko umugabo ashobora kwihakana umwana w’umugore we
    Ubusanzwe umwana wese uvutse ku bashyingiranywe mu gihe babana nta wundi wakwitwa se uretse umugabo wa nyina. Gusa bijya bibaho ko wakeka ko umwana w’umugore wawe atari uwawe ukaba ufite uburenganzira bwo kumwihakana nkuko amategeko abiteganya: Impamvu zituma umugabo yihakana umwana Umugabo ashobora kwihakana umwana iyo agaragaje ko mu gihe kiri hagati y’iminsi ijana na mirongo inani (180) na magana atatu (300) ibanziriza ivuka ry’umwana atabanye na nyina w’uwo mwana kuko yari ahantu kure (...)
  • Uko wakwirinda gusesagura amafaranga ukiri umukobwa
    Abantu bamwe na bamwe b’urubyiruko barimo n’abakobwa batarubaka ingo,bakunda gusesagura imitungo bafite ,cyane cyane amafaranga batunze cyangwa bahembwa bakayapfusha ubusa mu bintu bitari ngombwa cyane bagamije kwinezeza,ugasanga nta ntumbero y’ejo hazaza mu kuzigama no kubungabunga ibyo bafite,kandi nyamara kwizigama ku mukobwa bimuha icyerekezo cy’ubuzima. Dore amakosa 5 uzirinda kugirango udasesagura 1.Kugura ibyo utateganije;akenshi usanga abakobwa ari bamwe mu bantu bakunda kugenda (...)
  • 0 | 20 | 40 | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | ... | 280

  • Izindi Nkuru

  • Nyanza: Haracyari abagore batazi uburenganzira bwabo mu muryangoYanditswe: 20-01-2021
  • Imicungire y’umutungo ku bahisemo ivangamutungo rusangeYanditswe: 09-08-2016
  • Impamvu zituma ishyingirwa riteshwa agaciroYanditswe: 01-08-2016
  • Gusaba gatanya biturutse ku bwumvikanye bw’abashakanyeYanditswe: 25-07-2016
  • Ibitera gusezerana mu mategeko ariko ntimubane Yanditswe: 18-07-2016
  • Amategeko agenga kurera umwana uba hanze Yanditswe: 11-07-2016
  • Inshingano z’inama y’ubwishingire ku mwanaYanditswe: 05-07-2016
  • Ibyagufasha kuba umuyobozi mwiza uri umukobwaYanditswe: 03-07-2016
  • Uguhagararirwa k’umwana mu mategekoYanditswe: 27-06-2016
  • Menya byinshi ku kwandikisha umwana wavutseYanditswe: 20-06-2016
  • Ukwemerwa kw’ishyingirwa ryakorewe mu mahangaYanditswe: 13-06-2016
  • U Rwanda rukomeje kwanikira ibindi bihugu muri HeforsheYanditswe: 30-05-2016
  • Kuba umubyeyi w’umwana utabyaye ku buryo busesuyeYanditswe: 23-05-2016
  • Amazina yemewe mu mategeko n’uburyo wahinduza izinaYanditswe: 17-05-2016
  • Wemererwa kongera gushyingirwa ryari igihe uwa mbere yazimiye ?Yanditswe: 09-05-2016
  • Uburyo uzirinda kuvunisha umusore mu myiteguro y’ubukweYanditswe: 04-05-2016
  • Uko abakundana bafatanya gutegura ubukwe bukaba bwizaYanditswe: 29-04-2016
  • Ministiri Gashumba yakebuye abagaboYanditswe: 27-04-2016
  • Uko umugabo ashobora kwihakana umwana w’umugore weYanditswe: 26-04-2016
  • Uko wakwirinda gusesagura amafaranga ukiri umukobwa Yanditswe: 13-04-2016
  • Ibintu by’ingenzi byakurinda guheranwa n’agahinda Yanditswe: 08-04-2016
  • Amakosa uzirinda nukundana n’umukoresha waweYanditswe: 05-04-2016
  • Umumaro wo gutera akabariro ku mugore utwiteYanditswe: 05-04-2016
  • Impugenge abasezerana ivanguramutungo bafite ku kuzunguranaYanditswe: 04-04-2016
  • Amakosa uzirinda gukora ku nshuti z’umuhungu mukundanaYanditswe: 01-04-2016
  • Minisitiri w’uburinganire yarahiriye imirimo mishyaYanditswe: 29-03-2016
  • Guhitamo uburyo bw’icungamutungo mu kigare bigiye gucibwa Yanditswe: 28-03-2016
  • Ingamba z’abagore biga gufotora ku isoko ryiganjemo abagabo Yanditswe: 23-03-2016
  • Icyo amategeko ateganya iyo umwana ateye inda undiYanditswe: 21-03-2016
  • Kwigisha abana ubuzima bw’imyororokere byashizwe mu itegekoYanditswe: 15-03-2016
  • Inyungu abagore bakura mu kwizihiza umunsi waboYanditswe: 08-03-2016
  • Sobanukirwa n’itegeko rishya ku kiruhuko cy’umubyeyiYanditswe: 22-02-2016
  • Ibintu biranga umugore ukunda umugabo weYanditswe: 20-02-2016
  • Urujijo ku gukura gucana inyuma mu byaha bihanwa Yanditswe: 15-02-2016
  • Ibibazo abana b’imfubyi bagira ku icungwa ry’imitungo yaboYanditswe: 08-02-2016
  • Ibintu ugomba kwigira mu gutandukana n’abakunzi benshiYanditswe: 28-01-2016
  • Uko umugore mugufi w’umuyobozi yakwigirira icyizereYanditswe: 26-01-2016
  • Imicungire y’umutungo w’umwana ubereye umwishingiziYanditswe: 25-01-2016
  • Ibintu abagore bagera ku ntsinzi bakora buri munsiYanditswe: 20-01-2016
  • Uko itegeko ririnda kwikubira kwa bamwe mu gihe cy’izunguraYanditswe: 18-01-2016
  • Ibintu 6 byagufasha kubahwa n’abagabo mukorana Yanditswe: 17-01-2016
  • Kigali : Ntibavuga rumwe ku gutora Nyampinga w’u RwandaYanditswe: 17-01-2016
  • Ubwoko bw’umurage nuko utangwaYanditswe: 11-01-2016
  • Ibyiza byo gutangira kwikorera ukiri umukobwa Yanditswe: 11-01-2016
  • Itandukaniro ry’ubuharike n’ubushoreke nuko uwabikoze ahanwaYanditswe: 04-01-2016
  • Uko umugore yagira igikundiro mu bo bakoranaYanditswe: 31-12-2015
  • Ishyingiranwa n’igabana ry’umutungo w’ababanaga ku buryo butemwe n’amategekoYanditswe: 28-12-2015
  • Impamvu itera ruswa ishingiye ku gitsina kudacika mu kaziYanditswe: 24-12-2015
  • Ibintu 6 buri mugore wese ushaka ahazaza heza agomba kurekaYanditswe: 22-12-2015
  • Icyo itegeko riteganya igihe wafashe uwo mwashakanye asambanaYanditswe: 21-12-2015
  • Ibyatuma uba umugore wigirira icyizere mu kaziYanditswe: 20-12-2015
  • Impamvu abagore aribo basabwa cyane ruswa ishingiye ku gitsina ku kaziYanditswe: 16-12-2015
  • Gutanga umunani ku bushake ntibuvugwaho rumweYanditswe: 14-12-2015
  • Ibikwiye kuranga umugore cyangwa umukobwa w’umuyoboziYanditswe: 13-12-2015
  • Imitwe y’abakoresha bashaka kwaka abakozi babo ruswa ishingiye ku gitsinaYanditswe: 08-12-2015
  • Igihe umurage ushobora guta agaciroYanditswe: 07-12-2015
  • Dore uko abasore bafata umukobwa utinyutse gusaba urukundo umuhunguYanditswe: 06-12-2015
  • Ingaruka za ruswa ishingiye ku gitsinaYanditswe: 03-12-2015
  • Ibintu 6 abagore bigirira icyizere batandukaniyeho n’abandiYanditswe: 01-12-2015
  • Ibimenyetso bikwereka ko umusore mukundana azagufata nabi mu rugoYanditswe: 26-11-2015
  • Impamvu ruswa ishingiye ku gitsina ariyo yiganje mu mitangire y’akaziYanditswe: 25-11-2015
  • Igihe uwo mwashakanye yikunda cyane nuko wabyitwaramoYanditswe: 24-11-2015
  • Icyo iminsi 16 yo kurwanya ihohohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa izasigira abanyarwandaYanditswe: 23-11-2015
  • U Rwanda rwagarutse ku isonga muri Afrika n’urwa 6 ku isi mu kwimakaza uburinganireYanditswe: 20-11-2015
  • Amakosa abakobwa bakora ngo abasore bakundana bihutishe ubukweYanditswe: 19-11-2015
  • Ibibazo by’amatsiko uzirinda kubaza umugore watandukanye n’umugaboYanditswe: 17-11-2015
  • Uburyo bushya umunani uzajya utangwamoYanditswe: 16-11-2015
  • Indangagaciro z’abashakanye nkuko zashyizweho na Ministere y’uburinganireYanditswe: 15-11-2015
  • Uko ruswa ishingiye ku gitsina ihagaze mu bigo byo mu Rwanda Yanditswe: 12-11-2015
  • Ibyerekeye gusezerana ivangamutungo w’umuhahanoYanditswe: 09-11-2015
  • Amakosa umukobwa uyoboye urugo agomba kwirinda mu gihe abana na basaza beYanditswe: 08-11-2015
  • Ihohoterwa rikorerwa abagore mu buriri rituma hari abasamira ku kiririYanditswe: 03-11-2015
  • Ibintu umuntu washyingiwe atagomba kurenza atanga impanoYanditswe: 02-11-2015
  • Icyo wakora uri umukoresha w’umugore usuzugurwa n’abakozi Yanditswe: 01-11-2015
  • Impamvu ingo ziyoborwa n’abagore muri Afrika ziri gutera imbere kurusha izindiYanditswe: 27-10-2015
  • Impamvu zihindura amasezerano y’imicungire y’umutungo w’abashyingiranyweYanditswe: 26-10-2015
  • Ibyo wakora ukabana neza na basaza bawe,igihe bagusuzugura kandi uri inkumiYanditswe: 25-10-2015
  • Jeannette Kagame asanga abakobwa batanga icyizere mu ikoranabuhangaYanditswe: 21-10-2015
  • Ibibazo abashakanye bakiri bato bahura nabyo nuko byakemukaYanditswe: 20-10-2015
  • Ibyo umubyeyi ashinzwe n’igihe yamburwa ububasha bwa kibyeyiYanditswe: 19-10-2015
  • Impamvu zituma abakobwa batubakira iwabo nyuma yo kurangiza amashuri Yanditswe: 18-10-2015
  • Impamvu abakoresha b’abagore aribo beza kurusha ab’abagaboYanditswe: 14-10-2015
  • Ababyeyi ntibarumva neza ibyo gufatira amanota make ku banyeshuri b’abakobwaYanditswe: 11-10-2015
  • Guhabwa umunani:abanyarwandakazi bamwe ntibarabyumvaYanditswe: 07-10-2015
  • Ibintu bizakwereka ko witeguye, ushobora kongera gushakaYanditswe: 06-10-2015
  • Kuki abakobwa batinya kubana n’abasore b’abasirikare,abapolisi n’abashoferiYanditswe: 05-10-2015
  • Impamvu zituma ishyingirwa riteshwa agaciroYanditswe: 05-10-2015
  • U Rwanda rwiteguye kohereza abapolisikazi 140 mu bikorwa byo kubungabunga amahoro Yanditswe: 30-09-2015
  • Ibyerekeye gucunga umutungo w’umuntu wazimiyeYanditswe: 28-09-2015
  • Uko wakwitwara uri umukobwa ukorana n’abahungu bakuvunishaYanditswe: 28-09-2015
  • Umunyamalawikazi yahawe igihembo nk’umugore uvuga rikijyana muri AfrikaYanditswe: 23-09-2015
  • Ibyerekeye gutambamira ishyingirwa mu mategekoYanditswe: 21-09-2015
  • Gukundana n’umukobwa ukina imikino y’abagabo ntibivugwaho rumwe n’abasoreYanditswe: 21-09-2015
  • Uruhare rw’abashinze She Leads mu guteza imbere ubucuruzi bw’abanyafurikakaziYanditswe: 16-09-2015
  • Ibyerekeye gusaba no gukwa, no gutanga indishyi iyo ubukwe bupfuyeYanditswe: 14-09-2015
  • “Kwita izina” isigira iki abanyarwanda ? Yanditswe: 14-09-2015
  • Ibyo abasore birinda iyo bakundana n’abakobwa babarusha umushaharaYanditswe: 13-09-2015
  • Ibintu biranga umugore uzagera ku ntego ze z’ubuzimaYanditswe: 09-09-2015
  • Abantu batemerewe gushyingiranwa imbere y’amategekoYanditswe: 08-09-2015
  • Dore uko abasore bafata abakobwa babitereteraYanditswe: 07-09-2015
  • Agasaro © 2019