-
Ibyafasha umubyeyi w’umugabo kwisanzurwaho n’abana be
Ababyeyi b’abagabo nabo baba basabwa kugira igihe baganera abana bakaganira, bagakina ku buryo umwana yumva atinyutse papa we akamwisanzura. Nubwo mu muco w’abanyarwanda usanga ahanini umwana aharirwa mama we, ni byiza ko n’umubyeyi w’umugabo yumva ko kwita ku mwana ari inshingano ze. Dore ibintu byafasha umubyeyi w’umugabo kunezerwa n’abana be igihe bari kumwe : Kuganiriza abana : umubyeyi w’umugabo nawe ashobora kujya aganiriza abana, akababwira udukuru tw’abana dusekeje, imigani,.. gusa ku (...)
-
Ibintu abarimu batishimira ku babyeyeyi b’abana bigisha
Ababyeyi bafite abana biga rimwe na rimwe bakora amakosa atuma abarimu bigisha abana babo babafata nabi bakumva batabishimiye ndetse bikaba byanagira ingaruka ku mwana umwarimu yigisha. Mukarugwiza Anonciatha, umwarimu wamaze imyaka isaga cumi n’ibiri mu mwuga w’ubwarimu aratubwira amakosa ababyei bakora bigatuma abarimu babanga : Umubyeyi utuma umwana we adakurikiza gahunda z’abandi : Aha twavuga nk’umubyeyi utuma umwana we akererwa mu ishuri ugasanga birazwi ko ariwe uza nyuma mu ishuri, (...)
-
Amafoto y’umwana uzirinda gushyira ku mbuga nkoranyambaga
Muri iyi minsi aho imbuga nkoranyambaga zikoreshwa cyane no ku babyeyi, usanga ababyeyi bishimira gufotora abana babo, amafoto babafotoye bakayashyira ku mbuga nkoranyambaga batabanje gutekereza ingaruka byazagira ku mwana mu gihe cy’ahazaza dore ko iyo foto ushyizeho iyo utibutse kuyisiba iba izagumaho by’iteka ryose. Ni muri urwo rwego rero twifuje kubagezaho amwe mu mafoto y’umwana uzirinda kuba wasangiza n’abandi ku mbuga nkoranyambaga : Ifoto y’umwana wambaye ubusa : hari igihe ushobora (...)
-
Uko wagirira isuku amenyo y’umwana kuva akiyamera
Abantu benshi bibwira ko umwana ugitangira kumera menyo adakorerwa isuku y’amenyo, nyamara ibyo biba ari ukwibeshya kuko umwana akorerwa isuku y’amenyo kuva iryinyo rya mbere rigitunguka. Ni muri urwo rwego tugoiye kurebera hamwe uko wakoza amenyo y’umwana kuva agitangira kuyamera kugeza agize imyaka yo kumenya kwiyogereza amenyo. Dore uko uwo mwana akorerwa isuku y’amenyo • Ufata agatambaro keza ukazingira ku rutoki uashyiraho umuti wo koza menyo wagenewe abana, ahanini uba ari umuti urimo (...)
-
Uburyo watoza umwana w’imyaka 4 kutagira ubugugu
Umwana uri mu kigero kiri gahati y’imyaka ine n’itanu ahanini akunda kuba agira ubugugu, ugasanga nko mu gihe akina n’abandi bana adashaka ko bakoresha ibikinisho bye n’ibindi bintu bikwereka ko adashaka gusangira n’abandi. Mu gihe rero ubona ko umwana wawe adakunda gusangira n’abandi agira umutima wo kwikunda dore uko wamufasha : Jya umwigisha gusangira n’abandi mu buryo bimushimisha : jya utoza umwana wawe nko gukina imikino ya rusange aho bisaba ko ayikina ari kumwe n’abandi bana bangana. (...)
-
Wari uziko Lingettes zimwe na zimwe atari nziza ku bana ?
Ubushakashatsi bwagaragaje ko lingettes zimwe na zimwe zigira ingaruka mbi ku buzima bw’abana kuko hari produits ziba zirimo zinjira mu maraso y’abana gahoro gahoro ukazasanga byabagizeho ingaruka nubwo izo ngaruka zigaragara mu gihe kirekire. Mu bushakashatsi bwakozwe n’umuryango uharanira inyungu z’abaguzi wo mu Bufaransa witwa UFC-Que choisir, baragagaje ko 94% y’ubwoko bwa lingettes bugira ingaruka zitari nziza ku buzima bw’abana bakivuka. Uyu muryango wagaragaje ko hari produits ziri muri (...)
-
Uko umwana yiga kubaha abikuye ku bo babana mu rugo
Hari ibintu byinshi umwana yiga by’imico y’ikinyabupfura abikuye ku bo babana baba ababyeyi be cyangwa se abandi bantu babana mu rugo. Imico myinshi umwana agira agenda ayigira ku bandi haba mu kureba ibyo bakora ndetse no kumva ibyo bakora. Muri iyo mikurire y’umwana haba hakenewe uruhare rw’umubyeyi mu kumutoza kubaha no kugira ikinyabupfura n’ubwo haba hari ibindi aba azagenda akura ku bandi bana, ariko uburere bw’ibanze n’uko umwana yitwara ahanini aba yarabikuye k’ubo babana mu rugo. Niyo (...)
-
Ibimenyetso byakwereka ko umukozi afata nabi umwana
Hari igihe uzana umukozi wo kurera abana agatangira akunda abana ndetse ukamuha ikizere cyose ku buryo n’ibibi bakubwira kuri we uba utabyemera. Nyamara burya bishoboka ko umukozi wari umuntu mwiza yahinduka akaba mubi. Mu gihe ushidikanya ku myitwarire y’umukozi wawe uzacungire kuri ibi bimenyetso, bizakwereka ko ukeneye kuzana umusimbura. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umwana wawe atishimiye umukozi : Kujya kugenda umwana akarira cyane : Birasanzwe ko umwana abona ababyeyi be bagiye ku (...)
-
Ibizakwereka ko umukozi urera umwana akenewe gusimburwa
Hari igihe uzana umukozi wo kurera abana agatangira akunda abana ndetse ukamuha ikikere cyose ku buryo n’ibibi bakubwira kuri we uba utabyemera. Nyamara burya bishoboka ko umukozi wari umuntu mwiza yahinduka akaba mubi. Mu gihe ushidikanya ku myitwarire y’umukozi wawe uzacungire kuri ibi bimenyetso, bizakwereka ko ukeneye kuzana umusimbura. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umwana wawe atishimiye umukozi : Kujya kugenda umwana akarira cyane : Birasanzwe ko umwana abona ababyeyi be bagiye ku (...)
-
Icyo wakora igihe umwana wawe agira umujinya mwinshi
Hari igihe umwana muto aba akunda kugira umujinya mwinshi ku buryo arakara agahutaza ibintu cyangwa se ukabona umujinya wamurenze ntavuge. Mu gihe umwana ameze gutyo ahanini usanga ababyeyi bagorwa no kumenya uburyo baganiriza abana babo ndetse bikanagorana kumenya uko wazakuramo umwana wawe kugira umujinya ukabije. Mu gihe rero ubona ko umwana wawe agira umujinya, yaba abigaragaza mu bikorwa, uburyo asubiza ibyo umujajije cyanwa se acecetse, dore uko wabyitwaramo ukamuca kuri iyo ngeso ; (...)
-
Imyitwarire ikwiye umubyeyi ufite umwana urushya cyane mu rusengero
Hari igihe umubyeyi aba afite umwana muto,ariko ugasanga akunda kuruhanya cyane bikamubangamira cyangwa bikabangamira n’abandi kubera kwiriza k’umwana, rimwe na rimwe ukabona umubyeyi asa naho ataje gusenga uwo munsi,ariko ubu ni bumwe mu buryo bwamufasha gukemura ikibazo cy’umwana urushya cyane ku rusengero. 1. Kwiherera ukareba ikibazo afite :hari igihe umwana yiriza cyane ariko akaba hari ikintu runaka kimubangamiye,wenda ashonje,ashaka gusinzira cyangwa akeneye guhindurirwa.Ni byiza rero (...)
-
Icyo wakorera umwana akunda kwiriza kandi akuze
Abana bageze mu kigero kiri hagati y’umwaka umwe n’imyaka itatu, bakunda kwiriza kubera impamvu zitandukanye ariko burya hari icyo wowe nk’umubyeyi uba ugomba gukora bigatuma umwana wawe areka umuco wo kwiriza. Mbere yo kumenya icyo umubyeyi yakorera umwana, Madame Charlotte, umujyanama w’ingo akaba n’impuguke mu mitekerereze aratubwira impamvu zitera abana bari muri icyo kigero gukunda kwiriza no kwirakaza : Kureka kwita ku mwana : Ahanini abana bageze muri icyo kigero usanga hari byinshi (...)
-
Menya uburyo wagira uruhare mu gukundisha abana papa wabo
Bijya bibaho ko ababyeyi bashobora kubyara umwana ariko ugasanga adakunda papa we,bitewe n’impamvu zitandukanye,ariko hari uburyo umubyeyi w’umugore yagira uruhare mu gukundisha umwana na se. 1. umubyeyi w’umugore aba agomba guhora abwira umwana ibyiza bya papa we,akamubwira ko amukunda,kabone nubwo bo ubwabo baba bafitanye ibibazo bikomeye ariko umwana ntagire ikibazo amenya kiri hagati yanyu cyangwa ngo ukubitire ku bibazo mufitanye usanze wangisha umwana se,umwwereka ko ari mubi. 2. Guha (...)
-
Uko masaje ifasha abana barwaye indwara z’ubuhumekero
Ubugorarangingo bukorerwa abana abana n’abandi bantu barwaye indwara z’ubuhumekero( kine respiratoire cyangwa se chest physiotherapy) ni isuku yo mu myanya y’ubuhumekero ikaba ifasha cyane cyane abana kuko bo batabasha gukorera ngo imyanda yose ibe yasohoka. Eric Ntwari aratubwira uko ubwo buvuzi bukorwa n’umumaro wabwo ku bana barwaye indwara zifata imyanya y’ubuhumekero. Umumaro wa chest physiotherapy ku bana Umumaro wa chest physiotherapy ni ugufasha imiti gukora neza kuko iyi umwana (...)
-
Amagambo 7 ubwira umwana akamwongerera icyizere
Hari amagambo arindwi wajya ubwira umwana wawe akarushaho kwigirira icyizere ndetse akaba anafasha ba bana batinya gutangira gutinyuka kuko ahanini baba babiterwa no kwiburira icyizere. Dore amagambo 7 ubwira umwana ukamuremamo icyizere : Ndagukunda Iri jambo ahanini rinyura umwana rikamwongerera icyizere mu gihe urikoresheje ushaka kumubwira ko umukunda nk’ikiremwamuntu akumva ko birenjeje kuba umukunda kuko ari umwana wawe. Gusa none kurikoresha umubwira ko umukunda kuko ari umwana wawe (...)
-
Ibintu byagufasha kubanisha neza umukozi n’umwana arera
Abakozi bakunda kutumvikana n’abana barera cyane cyane iyo abana batangiye gukura bageze hejuru y’imyaka itanu ugasanga barasuzugurana icyo umwana avuze umukozi ntacyumve ndetse nicyo umukozi avuze umwana ntacyumve ugasanga birirwa mu mahane. Mu rwego rwo kwirinda ayo mahane aboneka hagati y’umukozi n’abana dore ibyo wakora : Shyiraho imirongo ngenderwaho : mbere yo kuzana umukozi wo kurera umwana mujye mubanza mwicare hamwe nuwo mwashakanye muvugane amategeko umukozi azakurikiza harimo (...)
-
Uburyo bwiza bwo koza amenyo y’umwana
Umwana ukiri muto utaratangira kumenya uburyo bwo gufata uburoso ngo yiyogereze amenyo, nawe aba akeneye kogerezwa amenyo kuko aba ashobora gufatwa n’uburwayi bwo mu kanwa igihe atakorewe isuku y’amenyo. Mu gihe umwana ataramenyo kwiyogereza emenyo dore uburyo bwoza wakoresha bwo kuyamwogereza ; Koresha uburoso buto kandi bworohereye ushyireho umuti muke cyane wo koza amenyo wagenewe abana, umusabe kwasama umwogereze muganira kandi ucunge neza kugirango umubuze kumira umuti w’amenyo igihe (...)
-
Dore uko umugore usenga, agomba kwitwara mu gihe cy’ubukene mu rugo
Bijya bibaho ko urugo rushobora kugera mu gihe cy’ubukene bukomeye kuburyo bisa naho ari ikigeragezo abantu barimo,ugasanga abashakanye bahangayitse cyane, rimwe na rimwe bikabagora kubyakira maze ukabona umugore ariwe uhise ubigaragaza mbere,nyamara hari uburyo yakwihagararaho kugera ubwo Imana ikemuye icyo kigeragezo cy’ubukene ntawe ubanyujijemo ijisho. Gusenga cyane ;igisubizo cya mbere cy’ibibazo cyangwa ibigeragezo ibyo aribo byose ni ugusenga ukinginga Imana igakemura ibibazo (...)
-
Imimaro yo gukina n’umwana ukiri muto
Gukina n’umwana ukiri muto bigira umumaro haba ku mwana ndetse no ku mubyeyi. Gukina n’umwana rero ntibisaba kuba ari mu kigero runaka kuko n’abana bakivuka n’abakiri mu nda, umubyeyi akina nabo bikabagiraho ingaruka nziza nkuko bigaragara mu mimaro ikurikira : Kumva akunzwe : umwana ukina n’ababyeyi be akura yumva ko akunzwe ku buryo cya gihe umureba ukamwenyura, uba umwereka urukundo nawe akarushaho kwiyumvamo urukundo rw’ababyeyi nawe bikaba bizamworohera kurugirira abandi. Kwigirira (...)
-
Wakora iki igihe mutumvikana ku buryo bwo guhana umwana wanyu
Hari igihe ababyeyi baba batumvikana ku buryo guhana umwana, umwe agashaka guhana umwana amunyujijeho akanyafu, mu gihe undi ahubwo amutabara amuhungisha. Ibi ababyeyi bashobora kubipfa bakaba banabwirana nabi.. Charlotte umujyana w’ingo aratubwira uburyo bwiza mwabyitwaramo mukareka gushwana mupfa kutumvikana ku buryo bwo guhana umwana : Ntukereka abana ko utishimiye uburyo uwo mwashakanye abahanamo : Ushobora kubona uwo mwashakanye akabya mu guhana abana, abaha ibihano bikaze cyangwa se (...)
0 | ... | 40 | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | ... | 240