-
Kudafuhira umugabo byatumye ansuzuguza inshoreke
Umubyeyi uzwi ku izina rya Mama Rachel,umaze imyaka 7 abana n’umugabo we ndetse bakaba babyaranye abana batatu,yaduhaye ubuhamya kandi anagisha inama y’icyo yakorera umugabo we,yanze kujya amufuhira nyuma akajya amuca inyuma bigatuma n’inshoreke ye imwubahuka kuko izi ko yitonda. Mu buhamye bwe yagize ati;’’Maze imyaka 7 irenga mbana n’umugabo wanjye,nta kibazo cy’imibanire mibi twajyaga tugirana muri iyo myaka yose.Tujya kubana twasezeranye ko ntazigera mufuhira ariko nawe akirinda (...)
-
Namaze ibyumeru 2 hanze nsanga umugabo baramutwaye
Umubyeyi w’abana batatu ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kujya hanze agiye gusura abavandimwe mu kugaruka agasanga umugabo we undi mugore yaramwijyaniye. Yagize ati : “ Mu mpera z’umwaka ushize navuganye n’umugabo ko twazajya gusura ababyeyi be muri Amerika kuko bo bahoraga baza kudusura ariko twe tukaba tutari twajyayo na rimwe. Yaranyemereye anyemerera kuzajyana n’abana ariko we yanga ko twazajyana ngo byaba ari ukwangiz amatike y’ubusa. Numvise nta kibazo kirimo turitegura n’abana (...)
-
Gukoresha inshoreke nk’umukozi wo mu rugo byaradusenyeye
Bijya bibaho ko abashakanye batandukana bitewe n’abagabo baca inyuma abagire babo ku bakozi bo mu rugo kubera ingeso,ariko uyu mubyeyi we yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yakoreshaga inshoreke y’umugabo we ndetse bafitanye n’umwana akaza kubimenya atwite inda ya kabiri,maze bikabaviramo gutandukana burundu none ubu umugabo akaba asaba imbabazi umugore ngo basubirane. Umubyeyi w’abana batatu bakunze kwita Mama Neema mu buhamya bwe yagize ati:’’ubwo nari mfite imyka 18 ndangije amashuri (...)
-
Umugabo we yamwibwiriye ko yamuciye inyuma
Umubyeyi w’abana babiri yaduhaye ubuhamya bw’ukuntu umugabo we yamuciye inyuma aza no kuba ariwe ubimwibwirira amusaba imbabazi none ubu babanye neza. Yagize ati : “ Maze imyaka cumi n’itatu mbana n’umugabo wanjye. Twabanye dukundana kandi mu bijyanye n’ubushobozi nta kibazo twari dufite cy’imibereho ndetse tukaba twari n’abakristu ku buryo numvaga ibyangombwa by’urugo runezerewe urugo rwacu rubyujuje. Tumaze kubana twaranezerewe koko nkuko nabitekerezaga, tubyarana umwana wa mbere ari amahoro ku (...)
-
Ubuhamya bw’umugore wa Papa Wemba nyuma y’urupfu rwe
Urupfu rw’umuhanzi uzwi nk’umwami wa lumba, Papa Wemba rwashegeshe imitima ya benshi cyane cyane ko rwatunguranye, gusa by’umwihariko umugore we Marie Rose Luzolo uzwi nka Mama Amazone nkuko umugabo we yakundaga kumwita byamugizeho ingaruka zikomeye nk’umuntu wamubaga hafi, dore ko bari bamaranye imyaka igera kuri 46. Papa Wemba yapfuye umugore we ari mu masengesho Umupfakazi wa Papa Wemba yagize ati : “Mbere y’urugendo rwe agana i Abijan, ntabwo yakunze kuba agiye tutajyanye. Namubwiye ko (...)
-
Murumuna we yamutwaye umukunzi
Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 29 yatubwiye ukuntu murumuna we w’imyaka 24 yamutwaye umukunzi batagenyaga kuzabana amenya ko banaryamana none umusore arashaka ko bongera bagasubirana. Yagize ati : “ Nari maze imyaka ibiri nkundana n’umusore mwiza mbona ko ari we tuzabana ndetse n’inshuti n’umuryango bari bamuzi kandi twaratangiye kuvugana ibyo gukora ubukwe vuba. Hagati aho ubwo mfite murumuna wanjye Data yabyaye hanze ariko nyuma aza kuza mu rugo turabana nkamufata nka murumuna wanjye. Gusa (...)
-
Gusama inda ya kabiri byantandukanije n’umugabo burundu
Umubyeyi utarashatse ko dutangaza amazina ye,yaduhaye ubuhamya bukomeye anagira inama abagore bashaka kubyara abana batumvikanyeho n’abagabo babo kuko we byamubayeho ndetse bikamusenyera burundu,ariko kandi akaba anagisha inama y’icyo yakorera umwana we kuko abona afite intimba ikomeye kuko atazi se kubera uburyo batandukanyemo kandi akaba ari umunyamahanga. Mu buhamya bwe yagize ati:"Mu mwaka wa 2004 nashakanye n’umugabo w’umuzungu wakoreraga mu Rwanda,dukora ubukwe nyuma y’umwaka mba (...)
-
Kuboneza urubyaro bigiye kubatandukanya
Abanyarwanda bashishikarizwa kuboneza urubyaro ndetse bagasabwa kubyumvikanaho hagati y’umugore n’umugabo ku bijyanye n’uburyo bazakoresha nyamara kuri bamwe hari ubwo usanga bananirwa kumvikana ndetse bikaba byanakurura amakimbirane mu mibanire yabo. Umwemu miryango ifitanye amakimbirane twaganiriye n’umugore waho avuga ko yumva ageze ku rwego rwo kumva ashaka gutandukana n’umugabo kubera kutumvikana ku buryo bwo kuboneza urubyaro. Yagize ati : “ Ndubatse ndi umubyeyi w’abana bane umugabo (...)
-
Gusenga no kuririmba byamukuye mu bwigunge bw’ubupfubyi
Jeanette ni umukobwa w’imyaka 23 y’amavuko,akaba ari impfubyi ku babyeyi bose ndetse akaba atazi n’abo mu muryango we kuko jenoside yabaye akiri muto cyane ,dore ko yari afite umwaka umwe gusa,bityo akaba atazi iherezo ry’umuryango we n’aho bari batuye,ariko akaba yaramaze kubyakira binyuze mu gukunda gusenga no kuririrmba. Mu buhamya bwe yagize ati;’’namenye ubwenge mbona mba mu muryango unkunda,nari nzi ko aribo babyeyi banjye.Wari umuryango usenga cyane maze nkura nanjye nkunda gusenga kandi (...)
-
Yamenye ko afite umuvandimwe nyuma y’imyaka 20
Mu gihe jenoside yakorewe abatutsi yabaga,mu mwaka w’1994,hari abantu benshi babuze ababo,imiryango incuti n’abavandimwe ,hakaba n’abandi Imana yakingiye ukuboko babasha kurokoka,maze ku bw’amahirwe umuntu akazagira gutya akabona umuvandimwe yari aziko yapfuye,ni nabyo byabaye kuri uyu mubyeyi witwa Mukasine. Mu buhamya bw’uyu mubyeyi umaze kubyara abana batatu avugamo uburyo jenoside yamuhekuye,ikamutwara ababyeyi n’abavandimwe 3 ariko nyuma y’imyaka 20 akaza gusanga hari murumuna we ukiriho. (...)
-
Uko yarokoye umwana we umwe bamutemaguye
Umubyeyi twaganiriye witwa Murorunkwere kuri ubu ufite imyaka 61,yaduhaye ubuhamya bukomeye bukubiyemo bimwe mu byamubayeho mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994,ubwo yari umubyeyi w’abana 7,maze bakicwa ndetse n’umugabo we ariko aza kugira amahirwe arokora umwe gusa nawe bamutemaguye ahantu hose. Yagize ati:’’Jenoside ijya kuba twari tumaze iminsi dutotezwa aho twari dutuye,ubu ni mu karere ka Gisagara.Abaturanyi bacu bahoraga baza kutubwira ko tubura iminsi mike ngo tubavira (...)
-
Uko yabayeho muri Jenoside afite uruhinja rw’umunsi umwe
Nyiransengiyumva Eleda w’imyaka 50, ukomoka mu karere ka Kirehe, intara y’Iburasirazuba mu buhamya yatanze kuri Radiyo Ijwi rw’ibiringiro, yavuze uburyo Imana yamurinze akabasha kurokokera mu rusengero kandi byari bitamworoheye kwihishanya n’umwana w’uruhinja rufite umunsi umwe gusa. Mu buhamya yatanze kuri Radio Ijwi ry’Ibyiringiro avuga ku mpamvu yizihije isabukuru y’imyaka 50 amaze ku Isi mu rusengero yarokokeyemo, Eleda yagarutse ku buryo Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye amaze umunsi umwe (...)
-
Kwihana byantandukanije n’umugabo umwaka wose
Umubyeyi umwe twaganiriye witwa Umwari Francine,yaduhaye ubuhamya bukomeye bw’ibyamubayeho amaze gukizwa,maze umugabo we akamwanga kugera ubwo batandukana umwaka wose,ariko nyuma barasubirana. Francine yagize ati;’’nabanye n’umugabo wanjye mu mwaka wa 2010,dusengera muri gatolika,ntitwongerakujya dusenga kuburyo tutajyaga no mu misa,ariko tumaze kubyarana abana babiri biba ngombwa ko mbwirizwa ubutumwa bwiza n’abarokore njya gukizwa ariko bitewe n’ikibazo cy’umwana wacu wari wararwaye,maze (...)
-
Umwana we yanyoye ibiyobyabwenge afite imyaka 10
Kurera umwana ukabona avuye mo umuntu uzigirira umumaro bitera umubyeyi we ishema ariko iyo bibaye ikinyuranyo cy’ibyo umubyeyi aba yifuza, biba ari agahinda gakabije kuri we. Ubuhamya twahawe n’umubyeyi ufite umwana watangiye kumnywa ibiyobyabwenge afite imyaka 10 gusa avuga uburyo umwana we yamuhangayikishaga kugeza aho yumva ameze nk’uwataye umutwe gusa ubu afite agahenge kuko umwana yatangiye gusubira ku murongo. Uwo mubyeyi yagize ati : “ Ndi umupfakazi , mfite abana batatu ubwo nyine (...)
-
Uwari kuzaba mabukwe yatwiciye ubukwe
Bijya bibaho ko umusore n’umukkobwa bakundana ndetse bakemeranwa kubana ariko ababyeyi bamara kubimenya bakanga ko babana bitewe n’impamvu zitandukanye akenshi ziturutse ku mwumvire y’ababyeyi,ari nabyo byabaye ku mukobwa waduhaye ubuhamya bukomeye bw’ukuntu mama w’umuhungu bari bagiye kubana yabahagarikiye ubukwe burundu. Mu buhamya bwe yagize ati;’’namaze imyaka ibiri nkundana n’umusore,igihe cyiza kugera twemeranwa no kubana,maze tuza kujya no kwiyereka ababyeyi bacu, umusore aba ariwe ubanza (...)
-
Uko umwana yakuye umugabo guca inyuma umugore
Ubuhamya umugore uri mu kigero cy’imyaka 46 yaduye, yatubwiye ibintu by’ingenzi byatumye umugabo we wari ugeze ku rwego rwo kujya kugura indaya agera aho agacika ku ngeso yo kumuca inyuma burundu abikuweho n’umukobwa we, ubu bakaba babanye neza. Yagize ati ; ‘ Mfite imyaka 46 umugabo wanjye akagira imyaka 50 , tukaba tumaze imyaka 24 dushakanye, umwana wacu w’imfura afite imyaka 21. Ku bijyanye n’ubuhamya bwanjye bw’uburyo umugabo yancaga inyuma, kugeza naho ajya kugura indaya, byari ibihe (...)
-
Namaze imyaka 10 ntaba iwacu none mama yanze kumbabarira
Umwe mu bakobwa twaganiriye akaduha ubuhamya bukomeye bwuzuye agahinda afite ko kuba yaramaze imyaka 10 atabana na nyina kuko yari yaratwawe na benewabo na se,maze nyuma akaza kugaruka agasanga nyina yararakaye ku buryo yanze kongera kumwita umwana we. Uyu mukobwa w’imyaka 26 mu uhamya bwe yagize ati;’’kuva mu bwana bwanjye kugeza ku myaka 16,nabanaga na mama na murumuna wanjye umwe,nta bandi bana twari dufite kuko data yari yarapfuye kera. Mu rugo iwacu twari abakene cyane,maze ngize (...)
-
Umugabo amaze imyaka itanu yaramutaye none arashaka kugaruka
Umukunzi w’agasaro yatwandkiye agisha inama kuko yumva ashidikanya ku mugabo we wamutaye akamara imyaka itanu none ngo arashaka kugaruka. Yagize ati : “Nigaga muri kaminuza imwe ino muri Kigali ariko nkaba narabagaho mu buzima buruhije kuko nari naratangiye ndihirwa na mama ari nawe nari mfite wenyine nyuma akaza kwitaba Imana ntararangiza kwiga kandi nari mfite na barumuna banjye nabo bagomba kwiga. Byadusabaga gusaranganya udufaranga duke twakuraga ku nzu twakodeshaga ariko nayo akaba (...)
-
Yashakanye n’uwahoze ari umushumba w’iwabo
Umubyeyi w’abana batatu utashakatse ko izina rye ritangazwa, yaduhaye ubuhamya bw’ibibazo yahuye nabyo ubwo yakundanaga n’umusore waragiraga inka z’iwabo, ariko anezezwa nuko yaje kubisohokamo ubu akaba abanye neza n’umugabo we. Yagize ati : “ Kuri ubu usanga abantu benshi bavuga ko urukundo rw’ubu rushingiye ku mitungo cyane, ibyo ugasanga bituma umubyeyi yumva yashyingira umwana we umuntu ufite imitungo ndetse n’abasore n’inkumi nabo bakarambagizanya bakurikije imitungo bafite. Nubwo bivugwa ko (...)
-
Yamaze umwaka afite igitambaro mu nda bamwibagiriwemo
Kabagirwa Odette wo mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kibirizi, mu buhamya yatanze ku Ijwo ry’Ibyiringiro yavuze ububabare butandukanye yahuye nabwo mu buzima burimo kumarana igitambaro mu nda umwaka wose ugashira ababara atazi icyo arwaye. Gusa kuri ubu arashima Imana ko yamukijije nyuma yo gusanga uburwayi bwari bwarayoberanye yarabuterwaga n’igitambaro bamusize mu nda, ubu akaba yarakize. Kabagirwa Odette ni umubyeyi w’abana babiri akaba yarashakanye na Haguma Yoweri. Kabagirwa yamaze (...)