-
Imyambaro yo kujyana ku kazi mu mbeho
Hari imyenda umukobwa cyangwa umudamu yambara mu gihe cy’imbeho agiye ku kazi,cyangwa yakoreye ahantu hakonja,ukabona ko yambaye neza bya gisirimu yirinze imbeho kandi kandi atifubitse bikabije. Ushobora gusanga umuntu yambaye ipantaro y’icupa n’agakoti kari kuri taye k’amaboko maremare imbere harimo agapira ku buryo nta mbeho n’inkweto zifunga amano. Undi kandi ashobora kwambara ipantaro y’icupa n’inkweto zizamuye nka boot,maze akambara n’ikoti rishyushye rikoze nk’umupira ridafite amaboko (...)
-
Amakanzu magufi y’abantu babyibushye n’uko wayabona
Hari amakanzu atandukanye usanga abera abantu banini yaba ari kuri taye ndetse n’arekuye kandi magufi kuburyo ubona umuntu ubyibushye yambaye imwe muri yo ukabona ko aberewe kandi yambaye umwenda wiyubashye,ari nayo mpamvu abakunzi bacu twabahitiyemo amwe mu makanzu bashobora kwambara bakaberwa kandi bakanayabona bitabagoye.Nuguhmagara 0784693000/0788506370 ukabona umwenda wifuza wose. Abakobwa cyangwa abadamu banini baberwa n’ikanzu nk’iyi ya droite ngufi itari mini cyane ikaba ifite (...)
-
Amajipo n’imyenda yo hejuru bijyanye y’abantu banini
Nk’uko dusanzwe tubagezaho imyenda itandukanye y’abakobwa n’abadamu,uyu munsi twabahitiyemo amajipo ya droite n’imyenda yo hejuru bijyanye kandi myiza cyane,mu mabara yose, ushobora kwambara waba ugiye ku kazi cyangwa ugiye ahantu bisanzwe kandi iyi myenda ukaba wanayibona bitakugoye uhamagaye 0788506370/0788620915 cyangwa ukaba watwandikira kuri email;nzizapassy@gmail.com Umukobwa cyangwa umudamu ubyibushye ashobora kwambara ijipo ya droite y’umupira n’agashati gataratse hasi kuburyo gahisha (...)
-
Imyenda ijyanye y’akazi n’uko wayibona
Abakunzi bacu bakunze kudusaba ko twabagezaho imwe mu myenda ijyanye y’akazi ndetse n’uburyo bayibona bitabagoye,nkuko mumaze kumeyera ko imyenda tuba twakoze mu nkuru mushobora no kuyibona mu buryo bworoshye niyo mpamvu uyu munsi twabahitiyemo imyenda y’akazi kandi ijyanye. Umukobwa cyangwa umudamu ugiye ku kazi cyane cyane ku bakozi bo mu biro ashobora kwambara costume y’ijipo ya droite ngufi n’agakoti bijyanye kuburyo wagirango ni ibyo yadodesheje kandi arukujyanisha gusa. Nanone kandi (...)
-
Amakoti y’ibara ry’ikijuju ajyanye n’ibihe byo kwibuka
Mu bihe byo kwibuka tumenyereye ko twambara umwambaro y’ibara ry’ikijuju yiganjemo imipira n’imishanana ariko ushobora no kwambara ikoti ry’iryo bara ugiye mu gikorwa cyo kwibuka kandi ayo makoti ushobora kuyabona uhamagaye kuri iyi nimero ya telefoni ngendanwa;0788506370/0788620915 Hari ikoti rigufi riri kuri taye ryegereye uryambaye,rikaba rifite agakora gato kandi rifite ibara ry’umukara ku mifuka no mu gatuza. Hari kandi ikoti rirerire ry’imbeho naryo ry’ibara ry’ikijuju rikaba rifite (...)
-
Imyambarire idakwiye ku muntu wagiye kwibuka
Hari imyambarire usanga idahwitse ku bantu bamwe na bamwe usanga bambaye ku munsi wo kwibuka ukabona itajyanye n’icyabaye uwo munsi rimwe na rimwe bikagaragara nko kutagira icyo umuntu yitaho cyangwa kudaha agaciro umunsi nk’uwo. Kwambara impenure;Hari ubwo usanga umukobwa yambaye akenda gakabije kuba kagufi,nk’ijipo cyangwa gakabutura kanzinya kuburyo umuntu wese anyuzeho amwibazaho,ukabona yambaye nk’ugiye mu kabyiniro cyangwa ahandi hantu abonye hose,nyamara uwo si umwambaro ukwiye. (...)
-
Amakanzu wakwambara mu gihe cy’icyunamo
Hari amakanzu ajyanye n’igihe cyo kunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi, ushobora kwambara cyane cyane muri ibi bihe byo kwibuka,arimo amakanzu maremare n’amagufiy’ibara ry’ikijuju bitabaye ngombwa ko wambara umukenyero,niba utawukunda cyangwa utawubona ukaba wakwambara amakanzu nk’aya tugiye kukwereka. Hari ikanzu ndende igera ku birenge y’ibara ry’ikijuju,idafite amaboko ahubwo ikoze nk’isengeri kandi mu gatuza ahagana mu ijosi habonerana . Indi ni ikanzu ngufi igera munsi y’amavi (...)
-
Amashati y’abakozi bo mu biro n’uko wayabona
Bamwe mu bakunzi b’agasaro.com bakunze kutubaza imyenda myiza yo kwambara ku bakozi bo mu biro,cyane cyane amashati yo ku majipo no ku mapantaro y’amatisi na cotton.Uyu munsi tukaba turi burebe amashati yiganjemo ay’amaboko maremare meza akomeye kandi agezweho kandi aboneka mu mabara yose akanaboneka mu buryo bworoshye tukabarangira aho mwayasanga. Ishati nziza umukobwa cyangwa umudamu ashobora kwambara ku ijipo cyangwa ku ipantaro ya cotton cyangwa itisi isanzwe,ni ishati y’amaboko maremare (...)
-
Pantacourt z’abantu banini
Bamwe mu bakunzi b’agasaro.com bakunze kutubaza imyenda igezweho y’abantu banini yegereye uyambaye,none uyu munsi twabahitiyemo amwe mu mapantaro ya pantacourt ,umuntu ubyibushye ashobora kwambara n’imyenda yo hejuru bijyanye kandi ukabona aberewe. Umuntu ubyibushye cyane ashobora kwambara ipantaro ya pantacourt ya cotton imufashe kuva hasi kugera hejuru,akayambarana n’agashati ka blouse maze akagatebeza ukabona bimubereye. Umukobwa cyangwa umudamu ubyibushye kandi yakwambara ipantaro (...)
-
Udushati tugezweho two ku majipo n’aho watubona
Muri iyi minsi hari idushati tw’abakobwa tugezweho twambarwa ku majipo cyangwa ku mapantaro ya cotton kandi ukabona umukobwa wambaye amwe muri ayo mashati aberewe. Niba kandi ukeneye imwe muri aya mashati wahamagara 0784693000/0788620915 Bafite udushati twa blouse twiza nk’ishati y’amaboko magufi arekuye ya transparent idafite ikora,usanga iberana cyane n’ijipo ya droite. Hari kandi ishati y’amaboko maremare ifite ikora risanzwe ikaba isa n’isumbana ariko bidakabije . Hari kandi ishati nayo (...)
-
Imyenda migufi ibereye abantu babyibushye cyane
Bamwe mu bakunzi bacu bakunze kutubaza imyenda myiza igezweho kandi migufi ibera abantu banini,natwe tukaba twabahitiyemo imwe mu myenda migufi kandi yiyubashye itambika ubusa uyambaye kuburyo nawe nubwo waba utakundaga kwambara imyenda migufi ushobora kuyambara ukabona uberewe. Umukobwa ubyibushye cyane ashobora kwambara ijipo ngufi y’amarinda manini itaratse,ikaba igera hejuru y’amavi gato,akayambarana n’umupira usanzwe w’amaboko magufi kandi ukaboan yambaye neza. Umuntu ubyibushye kandi (...)
-
Amajipo y’imipira asatuye imbere n’uko wayabona
Muri iyi minsi abakobwa benshi ndetse n’abadamu bakiri bato usanga bakunze kwambara imyenda isatuye imbere yiganjemo amajipo n’amakanzu bya droite,ni nayo mpamvu hari amwe mu majipo meza ya droite asatuye imbere nawe wakwambara ukagendana n’ibigezweho ndetse unaberewe. Hari ijpo ya droite y’umupira igera munsi y’imfundiko ikaba isatuye imbere satura yayo iringaniye,igera mu mavi kandi iyo jipo ikaba ifashe uyambaye. Indi ni ijpo ijya kuba ndende nayo igarukiye munsi y’imfundiko kandi nayo (...)
-
Amakanzu meza atagaragaza intege
Hari abantu baba bafite amaribori mu ntege ariko bakaba badashaka ko agaragara bitewe nuko batayakunda cyangwa se akaba ari menshi ku buryo ababangamira iyo batekereje ko abantu bari buyabone. Ku bantu badakunda kugaragaza intege rero hari amakanzu meza ushobora kwambara akazihisha. Itaratse y’amabara menshi ; Ikanzu itaratse irimo amabara menshi avanga vanze ni imwe mu makanzu abantu bakunze cyane muri iyi minsi by’umwihariko ku bantu badakunda kwambara amakanzu agaragaza intege, (...)
-
Amakanzu y’abana agezweho kandi aciriritse
Muri iyi minsi twitegura umunsi mukuru wa pasika,hari amakanzu umubyeyi ufite umwana muto w’umukobwa ashobora kumwambika amwe muri aya makanzu meza kandi aciriritse,tugiye kugarukaho muri iyi nkuru nkuko bamwe mu bakunzi bacu badusabye. Ukeneye amwe muri aya makanzu cyangwa n’indi myenda,wahamagara iyi nimero:0784693000 cyangwa ukatwandikira kuri email;nzizapassy @gmail.com. Hari ikanzu ya cotton itaratse,idafite amaboko ahubwo ikoze nk’isengeri kandi ifte amataji igice cyo hasi cyose.iyi (...)
-
Amakanzu agezweho wakwambika umwana kuri pasika
Mu myiteguro y’umunsi mukuru wa pasika usanga ababyeyi bagurira abana imyenda bazambara,dore ko haba hari n’abana bazabatizwa kuri uwo munsi,niyo mpamvu twahisemo kubereka amwe mu makanzu y’abana agezweho ataratse y’amabara meza abereye abana kandi adoze mu matisi ya moustiquaires igice cyo hasi,kuburyo usanga ari umwenda ugaragara neza wakwambika umwana ukabona aberewe. Ushaka aya makanzu n’inkweto bijyanye waduhamagara kuri 0784693000 cyangwa ukatwandikira kuri email; nzizapassy@gmail.com (...)
-
Amasarubeti meza y’abakobwa n’uko wayabona
Nkuko abakunzi bacu badusabye ko tubereka amasarubeti agezweho y’abakobwa kandi bashobora kubona bitabagoye,aya ni amwe muyo wabona byihuse uhamagaye izi nimero; 0788320915/0784693000 cyangwa ukatwandikira kuri email; nzizapassy@gmail.com Hari isarubeti nziza y’abakobwa iba ikoze nk’isengeri nta maboko ifite ikaba ifashe uyambaye kuva hasi kugera hejuru kandi maguru yayo akoze nk’ipantaro y’icupa. Indi ni isarubeti ya pantacourt y’amaboko maremare nayo ifashe uyambaye kuva hasi kugera hejuru (...)
-
Amapantaro y’amatisi y’abadamu n’uko wayabona
Akenshi usanga abadamu bakunda kwambara amapantaro y’amatisi,cyane cyane abakora akazi ko mu biro kuko bakenera kwambara imyenda yiyubashye kandi amatisi ni imwe mu myenda igaragara ko yiyubashye ndetse itajya ihararukwa,ahubwo ihora ikenewe. Ubaye rero ukenye ipantaro y’itisi wayibona uhamagaye kuri 0784693000 cyangwa ukatwandikira kuri email;nzizapassy@gmail.com Hari ipantaro y’itisi yoroshye iba yegereye uyambaye mu mataye ubundi ikaba ari ndende, ifite imifuka ibiri kandi iteyeho (...)
-
Duhe komande tukugezeho amwe muri aya makanzu
Hari amakanzu amaze iminsi akunzwe n’abakobwa benshi b’abasirimu,ugasanga bayambara ahantu hose ndetse no mu birori bitandukanye,ayo makanzu akaba ari magufi asa n’afunganye mu ijosi,ari droite cyangwa ataratse hasi ,nawe ubaye ukeneye imwe muri ayo makanzu cyangwa hari indi myenda ukeneye wahamagara iyi nimero cyangwa kuri email bikurikira; Hamagara 0784693000, Twandikire; nzizapassy@gmail.com Ushobora gutanga komande tukagushakira imyenda ukeneye,yaba caguwa ya mbere cyangwa magaze. Hari (...)
-
Amakanzu y’imipira magufi wajyana mu kirori
Imyenda y’imipira imaze iminsi igezweho ku bakobwa cyane cyane amajipo n’amakanzu bitandukanye ari nayo mpamvu twahisemo amakanzu meza y’imipira yiganzemo ay’amaboko maremare,umukobwa yajyana ahantu hose no mu kirori akahanyurana umucyo,yaba aya caguwa cyangwa se magaze, ndetse ayo makanzu ukaba wayabona bitakugoye uhamagaye kuri iyi nimero; 0784693000 Umukobwa ugiye mu kirori yambaye neza kandi yikwije,yakwambara ikanzu ya droite y’amaaboko maremare kandi y’umupira igera munsi (...)
-
Amajipo magufi ataratse n’udupira bijyanye
Nkuko abakunzi bacu badusabye ko twajya tubahitiramo imyenda ijyanye umuntu yakwambara mu bihe bitandukanye,uyu munsi twabahitiyemo amajipo magufi ya mini ataratse n’udupira cyangwa udushati bijyanye by’abakobwa ,kandi iyi myenda yose ndetse n’indi wakenera,waduhamagara kuri iyi nimero ya telefoni : 0784693000. Umukobwa ukunda kwambara imyenda migufi,ashobora kwambara akajipo gataratse kagera hejuru y’amavi gato,akayambarana n’umupira w’amaboko maremare umufashe cyane ,akabyambarana n’inkweto (...)