Ubusitani buteguyemo inyamaswa zibumbye

Yanditswe: 09-08-2014

Akenshi mu Rwanda ubusitani buba bugizwe n’ibiti, indabo n ;ibyatsi nyamara hari uburyo bwinshi bwo gutegura mu busitani wongeramo ibintu bitandukanye bibumbye. bumwe muri byo ni gutegura inginga z’ibiti akenshi zikunze kujugunywa warangiza ugashyiraho ikintu cy’ibumye mu ishusho y’inyamaswa.

By’umwihariko kuri iyi photo hariho ikibumba cy’umutwe w’inka cyakozwe na André umubumbyi w’umwuga. Ukeneye iki kibumbe cyangwa ikindi cyihariye wamuhamagara kuri tel +250788671307

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe