Uko wajyanisha Imyenda yo kujyana ku kazi n’uko wayibona

Yanditswe: 19-04-2016

Nkuko tumaze iminsi tubagezaho imyenda itandukanye yo kujyana ku kazi,uyu munsi nabwo hari imyenda myiza ijyanye kandi y’amabara meza buri muntu wese ashobora kwishimira bitewe n’icyo akunda,kandi n’uburyo bwo kuyibona bukaba bworoheye buri wese kuko uyikeneye ahamagara kuri nimero 0784693000/0788620915 akabona umwenda wose yifuza.

Ku mukobwa cyangwa umudamu ukora akazi kamusaba guhora yambaye neza,ashobora kubona ijipo n’agakoti bijyanye,agakoti k’ibara rimwe kajyanye n’ijipo ya karokaro.

Nanone kandi ku bantu bambara amapantaro,ushobora kubona ipantaro y’icupa kandi y’ibara rimwe n’ishati y’amaboko maremare y’utubara tunogeye ijisho bitewe n’ibara ushaka.

Hari kandi amakanzu y’imipira atandukanye harimo n’iba ari nk’iyi ifite amaboko maremare kandi y’mabara ikaba ari ngufi nayo ushobora kuyambara ugiye ku kazi cyangwa n’ahandi hose kandi ukaba uberewe.

Hari amapantaro ya cotton mu mabara atandukanye kuburyo na baba bategetswe imyenda isa ku kazi yabona usa neza neza n’iyo myambaro y’akazi ke kandi ikaba ari cotton ya nyayo,akabona n’ishati bijyanye.

Iyi myenda yose myiza yo kujyana ku kazi cyangwa kwambara ahantu hose ukaba uberewe wayibona uhamagaye ziriya nimero twatanze haruguru,cyangwa ukatwandikira kuri email yacu nzizapassy@gmail.com

NZIZA Paccy

Forum posts

IBITEKEREZO

  • To create paragraphs, just leave blank lines.