Imyenda ijyanye y’akazi n’uko wayibona

Yanditswe: 13-04-2016

Abakunzi bacu bakunze kudusaba ko twabagezaho imwe mu myenda ijyanye y’akazi ndetse n’uburyo bayibona bitabagoye,nkuko mumaze kumeyera ko imyenda tuba twakoze mu nkuru mushobora no kuyibona mu buryo bworoshye niyo mpamvu uyu munsi twabahitiyemo imyenda y’akazi kandi ijyanye.

Umukobwa cyangwa umudamu ugiye ku kazi cyane cyane ku bakozi bo mu biro ashobora kwambara costume y’ijipo ya droite ngufi n’agakoti bijyanye kuburyo wagirango ni ibyo yadodesheje kandi arukujyanisha gusa.

Nanone kandi umukozi wo mu biro ashobora kwambara ijipo ya droite y’ibara rimwe nk’umutuku maze akayambarana n’ishati y’amaboko magufi ya blouse kandi akaba yambaye neza cyane.

Ku bakunda kwambara imyenda ibarekuye kandi wakwambra ijipo ngufi igera munsi y’intege gato itaratse kandi y’amabara menshi, ukayambarana n’ishati y’amaboko maremare ya blouse y’ibara rimwe ijyanye n’amabara y’ijipo.Iyi nayo ni imwe mu myenda igaragara neza ku mukozi.

Nanone abakozi bo mu biro baberwa no kwambara nk’ipantaro ya pantacourt y’ibara rimwe n’ishati y’amaboko maremare ya blouse cyangwa ya cotton.

Iyi myenda yose tumaze kuvuga ushobora kuyibona uhamagaye kuri 0788506370 cyangwa ukatwandikira kuri email: nzizapassy@gmail.com.

NZIZA Paccy

Forum posts

IBITEKEREZO

  • To create paragraphs, just leave blank lines.